03/08/2026
Umunyamabanga Mukuru w’Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), Col (Rtd) Kabanda Pacifique yibukije abitabiriye inama ya operasiyo USALAMA ko uretse ibyafashwe n’abafatiwe mu byaha, ibikorwa byayo binashimangira ubufatanye hagati y’ibihugu mu kurwanya ibyaha no kurinda umutekano w’abaturage.